Reba amafoto yaranze umukino wa Rayon Sports na APR FC utigeze ubona








Kuri stade Amahoro I Remera abakunzi b’umupira w’amaguru babaga babukereye baje kureba amakipe yabo bakunda mu mikino y’Agaciro Development Found irimo guhuza amakipe 4 akomeye hano mu Rwanda ariyo As kigali, Police FC, Rayon Sports FC na APR FC ni imikino yatangiye  taliki 09 Nzeri 2017 irangira taliki 16 Nzeri 2017 . Muri iyi mikino abakunzi b'umupira w'amaguru bari biteze umukino wahuje Rayon Sports na APR FC taliki 16 Nzeri 2017 wari ishiraniro urangira Rayon Sports Itsinze APR FC igitego kimwe ku busa.



      Mwitware neza ntimuvunane sibyo

         Ntimuze kunsebya sha



     ikipe zigiye gukina urazizi c bebe ?
 
ko mbona batangiye kubihusha kare aho ntituza kuryoherwa ra?
Bimenyimana kalebu ntiyiyumvishaga ibimubayeho nyuma yo guhusha igitego cyabazwe

    igira hino man nguhe umupira

      Ibi bintu biraza kuba amahoro ra ko mbona bakaniye
      Ababyeyi baje bashanannye

Babyita gukata ikorosi basi 
     Ndahereza nde ra ?
     Ibi bintu na mahoro ra mwokabyaramwe
   Aba bafotozi nabo baretse tukirabera umupira na mubyara wange ehhh dore papa agiye kuvura uriya uvunitse disi Queen Cha na Safi

    Twigendere tubareke bakine sibyo rata

Ubu ndagera kwizamu ra ?
 
ubu ndabona igitego ra ?

wakinnye umupira ukandekura koko wamwana we
urugo rwari ruhiye mana weee!!!
Abafana nuku banganaga pe 
Inyota yarindembeje pe umva ko bavuga 
Umusifuzi ati"mwatuje mu gakina umupira ariko sha "
Bose bahiye ubwoba ntibazi uri buhabwe ikarita byarangiye ari hakizimana Muhdjiri 
       Reba uriya bana uyu ndi nawe nange
      Babyita kunaga umuntu uretseko byanavuyemo igitego
        Ndizera ntaho uncikira sha
            Mana urakoze cyane pe



      goooooooooooooooo

    Rutanga ati "Ntayindi kipe mpoza kumutima itari Rayon"


   Nshaka guhora mbashimisha kandi nabibasha
        Mwe muje ejo sha ndabemeza nibyo mwigira

 GOOOOOO turabikoze wana hh man weee

ibi bintu byo gutanga igikombe ku giceri hari ahandi warubizi ra? ko tubarusha ibitego bakiduhaye ubundi
    igikombe gihabwa nyiracyo ku giceri pe 

Amafoto :Muhizi Olivier

Comments

Popular posts from this blog

Umunyamakuru Byansi ni izihe nyungu akura mu guteranya abanyamakuru na Leta

Abanyamakuru bakomeje kwinubura agasuzuguro basuzugurwa n’abashinzwe umutekano w’abahanzi

Airtel Rwanda in partnership with Ferwacotamo has given Kigali Motorcyclist’s Taxi rider new Jacket