Amafoto utabonye ya Perezida Kagame na Akon ubwo aheruka mu Rwanda

Urubyiruko rwiganjemo benshi baturuka mu bihugu bya Africa ndetse na handi kw'isi bateraniye mu nama ngaruka mwaka ihuza urubyiruko ya Youth Connect Summit yateraniye i Kigali muri Nyakanga 2017 yahuriyemo abantu bakomeye kw'isi yaba ibyamamare abagwizatunga ndetse na Perezida Kagame niwe wari umushyitsi mu kuru muri iyo nama.

Iyi nama yatangiye taliki 19 kugeza 21 Nyakanga 2017,yatangiwemo ibiganiro byafasha urubyiruko urubyiruko rwitabiriye iyo nama rwagize amahirwe yo ku ganirizwa na Akon ndetse na Jack Ma umuherwe washinze urubuga rwa Alibaba ruri muzambere kw'isi ushobora kuguraho iciruzwa kuri murandasi.

urubyiruko rwari rwitabiriye ku bwinshi 


        Akon yari yambaye mu buryo bwiyubashye

           iyi nama yabereye muri Kigali convention Center
  Hari igihe icyumba cy'inama kimwe cyuzuraga bikaba ngombwa ko hitabazwa ibindi byuma
     Akon yafatanyije n'abandi harimo n'abanyarwanda mu kuganiriza urubyiruko.
  Perezida Kagame yaganirije urubyiruko abasaba kutagira icyo bategereza ngo batangire birememo icyizere
     Yabibukije kandi kudata umwanya wabo batekereza uko bazabona Visa zibajyana muri America na handi
     Africa ifite amahirwe kuko ibafite natwe tubari inyuma ngo dufashe ahazaza hacu na habana bacu





     Twe nku Rwanda twafunguye imiryango twiteguye gufatanya naburi umwe.






     Perezida Kagame yabibukije nibura ibintu 3 byabafasha harimo kudaha undi inshingano zikureba wowe ubwawe ndetse no kugira intego mu buzima
    Akamanzi umuyobozi wa RDB nawe yari yitabiriye iyi nama


   Jack Ma umuyobozi wa Alibaba ikorerwaho ubucuruzi kuri internet nawe yari yitabiriye iyi nama









    Perezida Kagame yanyuzagamo akanasetsa uru rubyiruko ariko akanabagirinama





    Guhuriza hamwe imbaraga Africa yifitemo niyo nkingi yambere twakoresha





Ati ubu mwese uko muri hano murara amajoro mushaka uko mwajya muri America iburayi haba mu buryo bumwe cyangw a ubundi kuki aribyo mushyirimbere 
Abitabiriye iyi nama banyuzagamo bakabaza ibibazo abayobozi babaganirizaga 

Imico ya Africa yaba ibihugu byo muri Africa yo mu majyaruguru n'iburengerazuba yaragaragaraga 












Akon ati ibihugu bya Africa nku Rwanda bituma ngira ishema ryo kwitwa umunyafurika 

Minister Mushikiwabo nawe yari yitabiriye iyi nama nawe yanyuzagamo agasangiza abatari aho ibirimo kuvugwa 


Akon ati mu banze mwiyumve nka abanyafurika nicyo cyambere kizabafasha 



Akon yicaye ku meza amwe na Perezida Kagame 

     Nyuma yiyi nama habayeho umusangiro abanyeshuri bamuzika ku nyundo bashimishije urubyiruko rwari rwitabiriye iyo nama
Bacinye akadiho karahava

    Bari basomye na ka manyinya bagacinya na kadiho ntakibazo bafite
aba banyeshuri biga muzika ku nyundo basubiragamo indirimbo abantu basanzwe bazi neza 





Umuziki wari live 


      Nawe urabibona ko banezerewe cyane







  aba bakobwa basubiragamo indirimbo za Kamariza bikanezeza benshi






  Bafataga amafoto y'urwibutso ndetse na video
     Minisitiri ikoranabuhanga n'urubyiruko mu Rwanda Jean Nsengiyumva



  aba bakobwa bakomoka muri Ethiopia bari bitabiriye iyi nama



Amafoto; Muhizi Olivier

Comments

Popular posts from this blog

Umunyamakuru Byansi ni izihe nyungu akura mu guteranya abanyamakuru na Leta

Abanyamakuru bakomeje kwinubura agasuzuguro basuzugurwa n’abashinzwe umutekano w’abahanzi

Airtel Rwanda in partnership with Ferwacotamo has given Kigali Motorcyclist’s Taxi rider new Jacket