Posts

Umufana wa Rayon Sports uzwi nk'umu Reyon w'ukuri yarushinze ,abakinnyi ba Rayon Sports bari ba kigingi be

Image
Bwari ubukwe bw'umukunzi wakadasohoka wa Rayon Sports uzwi nk'umu Reyon W'ukuri ubusanzwe witwa Habumugisha Theoneste wari warushinganye na Muhongerwa velonique ,Mugabo Gablier na Irambona Gisa Eric  abafana ba Rayon sports bari benshi muri ubu bukwe no mu misango y'ubukwe hagarukagamo Rayon Sports cyane . Amwe mu mafoto yaranze ubu bukwe.

Abanyamakuru bakomeje kwinubura agasuzuguro basuzugurwa n’abashinzwe umutekano w’abahanzi

Image
Abasore bibigango bafite umubiri ubyimbye ndetse abenshi baba ari barebare nibo bakora akazi ko kurinda abahanzi cyane cyane igihe bagiye mu bitaramo bihuza abantu benshi hirya no hino. Abahanzi mpuza mahanga iyo baje mu Rwanda hari igihe bazana ababo cyangwa bagakoresha abimbere mu gihugu ndetse n’abahanzi bi mbere mu gihugu bafite abo basore babacungira umutekano .ndetse n’ababa nyarwanda baba muri Amerika nka The Ben na Meddy muri iyi minsi bari mu Rwanda nabo bafite abo basore babacungira umutekano aho bagiye hose . Abanyamakuru cyane cyane abakora ibijyanye n’imyidagaduro bakomeje kwikoma abo basore ko bababangamira mu kazi kabo ,ndetse abenshi hari ni gihe babahutaza . Kwitaliki ya 30 Nzeri 2017 mu gitaramo Meddy yakoreye mu Karere ka Nyamasheke umusore witwa Kanimba Bosco ari nawe muyobozi w’ishyirahamwe ry’ababawunsa mu Rwanda ryitwa BKGL ari nawe warushinzwe umutekano wa Meddy icyo gihe yanze ko abanyamakuru bagirana ikiganiro na Meddy amaze k...

Amafoto utabonye ya Perezida Kagame na Akon ubwo aheruka mu Rwanda

Image
Urubyiruko rwiganjemo benshi baturuka mu bihugu bya Africa ndetse na handi kw'isi bateraniye mu nama ngaruka mwaka ihuza urubyiruko ya Youth Connect Summit yateraniye i Kigali muri Nyakanga 2017 yahuriyemo abantu bakomeye kw'isi yaba ibyamamare abagwizatunga ndetse na Perezida Kagame niwe wari umushyitsi mu kuru muri iyo nama. Iyi nama yatangiye taliki 19 kugeza 21 Nyakanga 2017,yatangiwemo ibiganiro byafasha urubyiruko urubyiruko rwitabiriye iyo nama rwagize amahirwe yo ku ganirizwa na Akon ndetse na Jack Ma umuherwe washinze urubuga rwa Alibaba ruri muzambere kw'isi ushobora kuguraho iciruzwa kuri murandasi. urubyiruko rwari rwitabiriye ku bwinshi          Akon yari yambaye mu buryo bwiyubashye            iyi nama yabereye muri Kigali convention Center   Hari igihe icyumba cy'inama kimwe cyuzuraga bikaba ngombwa ko hitabazwa ibindi byuma      Akon yafatanyije n'abandi harimo n'aban...